Abahanga mu bijyanye n’imyororokere barimo Richard Sherbahn bashyize ahagaragara ubushakashatsi bemeza ko umugore unanutse agira amahirwe mu mibyarire ye kurusha ubyibushye.
Ibi rero babitangaje nyuma yo gukora ubushakashatsi ku bantu bagera ku 2.500, aho bagabanyije abantu mu byiciro bitatu birimo abafite ibiro bike, abafite ibiro bigereranyije n’ababyibushye cyane.Aba bashakashatsi baje gusanga ngo kimwe cya kabiri cy’abagore bafite ibiro biringaniye bashobora kubyara byoroshye, ababyibushye cyane ni kuri 45% naho abananutse cyane ni 34%.
Ibi rero ngo biterwa n’uko abagore bananutse akenshi baba bafite imisemburo idahagije rimwe na rimwe ngo bigatuma badasama byoroshye ku buryo bwa kamere.
Source : 7sur7
0 comments:
Post a Comment