Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Ibijumba ni ifunguro ryihagazeho mu kugira intungamubiri!

Ubusanzwe, ibijumba ni indyo ishobora kuboneka ahantu henshi mu Rwanda kandi abahanga bakaba bemeza rigira intungamubiri zihagije.

Nk’uko tubikesha urubuga: wikipedia.com, ibijumba byibitsemo intungamubiri zigizwe na vitamin nka A, B, C na E; imyunyu ngungu nka calcium, phosphore, iron, potassium, sodium ndetse na zinc. Ikindi uru rubuga rukomeza rutangaza ni uko ibijumba bitera imbaraga.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo