Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza 2 zo mu Budage bwagaragaje ko gusinzira bihagije ku mwana ukivuka kugeza ku mwaka 1 bituma agira ubwonko bukora neza, ndetse akanakura ashobora gufata mu mutwe.
Aba bashakashatsi bo muri kaminuza Sheffield and Ruhr University
Bochum bavuze ko ibitotsi by’umwana utaragera ku mwaka bigira akamaro
cyane kurusha iby’umuntu mukuru.
Dr Jane Herbert ukuriye ishami ryigisha ibijyanye n’imitekerereze muri kaminuza Sheffield avuga ko abiga bamaze gusinzira badafa mu mutwe byose.
Akomeza avuga ko ahubwo abantu bagakwiye kuryama mbere bakabona gusubiramo nyuma.
Dr Jane Herbert ukuriye ishami ryigisha ibijyanye n’imitekerereze muri kaminuza Sheffield avuga ko abiga bamaze gusinzira badafa mu mutwe byose.
Akomeza avuga ko ahubwo abantu bagakwiye kuryama mbere bakabona gusubiramo nyuma.
0 comments:
Post a Comment