Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Ushobora Kwisuzuma SIDA mu minota 15

by http://www.ubuzima.info

Ako ni gapimisho kari ku isoko kugufasha kwisuzuzuma sida mu minota 15
Ako ni gapimisho kari ku isoko kugufasha kwisuzuzuma sida mu minota 15
 Agakoresho umuntu cyangwa abagize umuryango umwe  bakoresha ku giti cyabo bipima  Sida bakabona ibisubizo mu minota 15, kageze ku isoko.

Ayo makuru dukesha news24online.com avuga ko ako gakoresho kabonetse mu gihugu cy’Ubwongereza.

Ako gakoresho kakozwe na kompanyi  yitwa Bio Sure UK’ ngo gashobora no kugurishwa umuntu yifashishije interineti. Gakora kimwe nako abagore bakoresha bisuzuma ko basamye.

Mu kugakoresha, umuntu afata amaraso ku gatoki akoresheje agashinge agatonyangiza   kuri kariya kuma gapima maze kagaragaza uturongo tubiri,ukamenya ko  wanduye sida (positif).

Kwisuzumisha mbere sida bifasha uwayanduye kwivuza kandi birinda n’ibyuririrzi byinshi nkuko bitangazwa n’abaganga.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo