Abantu benshi bakuze benshi bakunze kunywa buri gihe. Ariko ntibazi ko bahura n’ibirwara biterwa n’ibyo biyoga kimwe n’abagore batwite bashobora kwangiza uruhinja batwite bikanabicira ubwonko.
Ni ibiki biranga
- Kunnywa ibinyobwa birenze 2 ku munsi
- Kuba utakwihanganira kutannywa
- Kunnywa nta nikibazo ufite
0 comments:
Post a Comment