Iyo nuyirwa ari uko urumwe n’I inyamaswa cyangwa nk’imbwa yasaze. Ibikunze kugaragara nu uko ari abana bakunze kurumwa n’imbwa. Uwarumwe nayo ntakunze kugaragaza ibimenyetsao keretse iyo hashize iminsi 20-60. nyuma y’amezi menshi n’imyaka yo kuribwa nayo atangira kugira ibicurane, iseseme, kurwara umutwe ,kudashaka kurya no guhinda umuriro.
0 comments:
Post a Comment