Ni nde ifata?
Ako gakoko gasanzwe gafata umwe mu Bantu batanu, gatangira mu gihe cy’imyaka icumu cyangwa mu gihe cy’ubugimbi ariko gafata abantu bafita imyaka itrandukanye.
Ni ibihe bimenyetso biyiranga?
- Kunnya impatwe
- Guhitwa
- Gutumba
- Kunnya amashyira
Urutirigongo rwawe rukurura amazi n’imyunyu rubikura mu byo umuntu aba yariye biba bitemebera mu gifu no mururra ruto. Iyo urutirigongo rwawe ari ruzima ibiryo biba bigenda neza mu rura. Hari ibihe bimwe, Intirigongo z’abantu zihura n’ibibazo bityo umuntu agatangira guhitwa.
Ihungabana runaka bishobora gutera iyo ndwara. iyi ndwara ni mbi kubera ishobora guhindura imisemburo.
Ni gute ushobora kuyirwanya
Mu gihe wasuye muganga niwe umenya amateka y’iyo ndwara ndetse akaba yagukorera ibizamini, akareba agasuzuma amaraso yo mu byo witumye cyangwa ukanyura muri radiogarafi
0 comments:
Post a Comment