Muganga nagusuzume iyo ndwara, ariko wowe cyangwa uwo mwashakanye ashobora kubona ibi bimenyetso. Urugero w’umugore ruba ari ku giti cye, wikwigereranya n‘undi uwo ari we wese. • Guhora ubabaye, guta icyizere, gutsimdwa muri byose.
• Agahinda, nta gitekerezo, ndetse n’amarira, kutiyizera, ububi, kuvangirwa, gutinya kubabaza umwana.
• Gutinya kuba wenyine cyangwa gusohoka .
• Kudakunda kwifatanya n’abandi mu bikorwa rusange
• Kuryama cyane cyangwa kubyanga.
• Ibura ry’ingufu.
• Kutiyitaho.
• Kudafata ibyemezo
• Gutinya kwirukanwa n’uwo mwashakanye.
• Ubwoba bwo kubabaza umwana cyangwa kwibabaza.
Baza Shangazi
Urwego News
Kubyara:Ibimenyetso ni ibihe?
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment