Nyuma yo kurumwa n’umubu udukoko twinjira mu mubiri tukajya mu maraso, tukinjira mu nsoro zitukura.
Turoroka ubwo umuntu agatangira kugaragaza ibimenyetso bya malariya nk’ibyo twavuze haruguru.
Ibyo rero biboneka hagati y’iminsi itandatu n’icumi (6-10) umuntu arumwe n’umubu ufite utwo dukoko.
0 comments:
Post a Comment