Nkuko tubikesha ikinyamakuru “The Sunday Mirror”, imyaka 9 nyuma yo gukora ubukwe muri uyu mwaka wa 2002, couple yo mu Bwongereza yiyemeje kongera igasezerana mu mwaka wa 2011 kugira ngo berekane urukundo bafitanye bitewe nuko umugabo yahinduje igitsina nawe akihinduza umugore.
Barry Watson ufite imyaka 43 hamwe na Anne bahuye mu mwaka 1995,babanye nk’abakunzi igihe kingana n’amezi 6 baza kubana mu mwaka wa 2002. Kuva icyo gihe ntago bigeze bishima nk’umugore n’umugabo kugeza ubwo Barry yiyemeje kugana muganga akamuhindura umugore agahita anabatizwa akitwa Jayne.
Nkuko Jayne wahoze yitwa Barry abitangaza, avuga ko Anne yarushijeho kumukunda nyuma y’uko yihinduje igitsina. Ati “Ubu ni yo mpamvu twiyemeje kongera gukoresha ubukwe kugira ngo twerekane urukundo ku buryo bw’umwihariko.”
Baza Shangazi
Urwego News
Basezeranye nyuma y’uko umwe yemeye guhinduza igitsina
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment