Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Mu gihugu cya Jamayika ibitsina by’abagabo Ntibyorohewe

Buri gahugu umuco n’akandi umuco wa mugani w’abanyarwanda ariko I terambere rya muzika n’imbyino mu gihugu cya Jamayika ryo ngo muri iyi minsi riragaragazwa n’imbyino idasanzwe aho ababyina baba basa nk’abakora imibonano mpuzabitsina imbyino bivugwa ko izibasira ibitsina by’abagabo.

Nk’uko inkuru dukesha gentside.com ibivuga, iyi mbyino ababyina baba bigana abakora imibonano mpuzabitsina basa nk’abakoreramo n’amasiporo. Iyo mbyino itamenyerewe cyane mu mico yo ku isi, abaganga batari bakeya babashije gutangariza abakunzi bayo ko ntakabuza ibitsina by’abatari bakeya mu bagabo bayibyina bizavunika dore ko mu gihe babyina iyo mbyino, igitsina cy’umugabo gishobora gufata umurego kikijomba ahantu hakibabaza cyangwa se batuma kivunika

Muganga mu ivuriro rya Kingston Public Hospital yagize icyo avuga ku kuvunika kw’igitsina cy’umugabo agira ati” Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ikoresheje ingufu zirenze , hari imvune ishobora kubaho mu gihe igitsina cy’umugabo gihuye n’igufa(l’os pubien) ry’umugore, ibyo bishobora gutuma habaho icyo twakita imvune…..Ibyo bigaragazwa cyane no kumva urusaku rw’ikintu kivunitse ndetse no kuribwa cyane k’umugabo ndetse n’igitsina cye kikabyimbirwa."

Mu gihe iyo mbyino igikunze cyane muri icyo gihugu, abaganga nabo barahagurutse ngo basobanurire abantu ingaruka imbyino nk’iyo ishobora kugira ku buzima bw’abantu cyane cyane ihungabana ry’ibitsina by’abagabo bayibyina.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo