Mu mwaka wa 2010, Ikipe y’inzobere mu kubaga inyanya y’ubuhumekero babashije kuvura abantu batandukanye bari bafite uburwayi bwa Cancer ifata zimwe mu nzira z’umwuka hifashishijwe ugusimbura umuyoboro ujyana umwuka mu bihaha bagendeye ku zindi ngi rangingo umurwayi aba asanganywe.
Kuba barabashije gusimbura iki gice cy’umubiri ni intera itangaje igezweho nyuma y’imyaka isaga itandatu iki gikorwa kigeragezwa bikaba byemezwa ko kuva ubu buhanga buvumbuwe abarwayi batanu bamaze kuvurwa kakoreshejwe ubu buhanga.Abo baganga binzobere ubundi babanza gukura agace gato mu uruhu ndetse bakifashisha utundi duce duhuza amagufwa ubundi bakaduhuza bagendeye kuri forme n’uwo muyoboro w’umwuka mu bihaha baba bashaka gusimbura.
Ubu buryo rero bugiye gutangizwa nk’inzira yo guhashya indwara nyinshi zirimo Canseri zibasiraga imyanya y’ubuhumekero.
0 comments:
Post a Comment