Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

umushinwa Meng Zhaoghuo yemeje ko yakoranye imibonano mpuzabitsina n’umudamu umwe mu baturage badatuye kuri iyi si

Ubwo hari mu mwaka wa 1994 nibwo umugabo utuye mu bushinwa witwa Meng Zhaoghuo , ahagaze hanze ku kagoroba, yabonye umurabyo udasanzwe ku musozi yari yitegeye akeka ko ari indege ihakoreye agisida.

Nk’uto tubikesha urubuga rwa interineti rwa gentside.com Meng yaratinyutse aregera ajya kureba ibibaye.

Nk’uko yabitangaje nyuma yo kuzanzamuka, kuko yakuwe kuri uwo musozi ameze nk’uguye muri koma, nyuma yo kubona igisa n’umurabyo ku gasozi yari yitegeye, Meng yatunguwe no kubona aho yakekaga kuba haguye indege hari igisa n’umuntu-Kazi, gifite metero zisaga eshatu, ndetse n’intoki cumi n’ebyiri.

Icyo kiremwa cyamusabye ko bakorana imibonano mpuzabitsina, agerageza kwanga ariko ubwoba bumubana bwinshi aremera kuko yemeza ko yamaze iminota irenga mirongo ine asabana n’icyo kiremwa kobwa kidasa n’abatuye kuri iyi si.

Meng yabwiwe n’icyo kiremwa ko nyuma y’imyaka mirongo itandatu, naba akiriho, azagira amahirwe yo kubona umuhungu cyangwa umukobwa we, yabyaranye n’icyo kiremwa.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo