Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Sobanukirwa n’ibibera ku isi


Imibare igaragaza ibibera ku isi irimo ukuri benshi batajya bamenya, bimwe bishimishije , ibindi biteye inkeke. Tubasogongeze bimwe muri byo.



Buri munsi havuka abantu basaga 402 000 ku Isi

Ku isi hapfa abantu  170 000  buri munsi

Abantu 28%  by’abatuye isi  bafite  imyaka iri munsi ya  15,  naho 8%  by’abatuye isi  bafite imyaka 65 no hejuru yayo.

Icyizere cy’ubuzima ku  batuye isi  kingana n’imyaka 65.

Biteganyijwe ko mu mwaka  wa 2030 ubuhinde  buzaba bufite abaturage benshi ku isi.

Abantu muliyoni 450 ku isi yose bafite uburwayi bwo mu mutwe

Abantu basaga miliyoni 700 z’abantu  batuye  ku isi baba  ku buhaname  bw’ibirunga

Abantu basaga miliyoni  450  bakaba  kuri metero 10  uvuye  ku nkombe  z’ahatangira inyanja.

Ababashaga gukoresha  umurongo wa interineti mu mwaka wa 2011 barenga miliyari ebyiri.



Source:  http://www.populationmondiale.com/

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo