Imibare igaragaza ibibera ku isi irimo ukuri benshi batajya bamenya, bimwe bishimishije , ibindi biteye inkeke. Tubasogongeze bimwe muri byo.
Buri munsi havuka abantu basaga 402 000 ku Isi
Ku isi hapfa abantu 170 000 buri munsi
Abantu 28% by’abatuye isi bafite imyaka iri munsi ya 15, naho 8% by’abatuye isi bafite imyaka 65 no hejuru yayo.
Icyizere cy’ubuzima ku batuye isi kingana n’imyaka 65.
Biteganyijwe ko mu mwaka wa 2030 ubuhinde buzaba bufite abaturage benshi ku isi.
Abantu muliyoni 450 ku isi yose bafite uburwayi bwo mu mutwe
Abantu basaga miliyoni 700 z’abantu batuye ku isi baba ku buhaname bw’ibirunga
Abantu basaga miliyoni 450 bakaba kuri metero 10 uvuye ku nkombe z’ahatangira inyanja.
Ababashaga gukoresha umurongo wa interineti mu mwaka wa 2011 barenga miliyari ebyiri.
Source: http://www.populationmondiale.com/
0 comments:
Post a Comment