Bang Media

USA-Abaho Nta Bice by'Umubiri wo Hepfo Agira



Umugabo  witwa Kenny wimyaka 35 utuye muri Leta ya Virginia yarwaye indwara idasanzwe ituma atakaza ibice by'umubiri byo hepfo. Nubwo byamugendekeye gutyo, Kenny yanze kugendera mu kagare cyangwa ikindi kintu cyose ahitamo gukoresha amabokoye. Yikundira sporo cyane. Ntiyihebye ngo areke ubuzima, ariko hari abujuje ibice byose by'umubiri bakiheba bakinijujutira ubuzima, atubere urugero rwiza rwo gukunda ubuzima.

Related Posts by Categories

ubumuga


    0 comments:

    Post a Comment