Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Igitsina ku Bakuze Cyane ngo ni nka Divayi

Nubwo ibyihshimo byo mu mibonano mpuzabitsina bigenda bigabanuka uko abantu bagenda begereza izabukuru, ngo mu busaza ibi byishimo biragaruka ndetse bikanarushaho kuba byinshi nk’uko byagaragajwe n’ikipe y’abashakashatsi bo muri Leta ya California ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ubu bushakashatsi bwibanze ku bageze mu zabukuru ngo basanga abantu bafite hejuru y’imyaka 80 bavuga ko bagira ibyishimo byinshi mu gihe bari gukora imibonano mpuzabitsina kurusha bakiri mu myaka yo hasi, aho ibi byishimo babigereranya n’uburyohe bwa divayi.

Urubuga rwa interineti 7sur7.be dukesha iyi nkuru ruvuga ko umubare munini w’abakora imibonano mpuzabitsina ku buryo buhagije, batangaje ko 67% ngo baba bagera ku byishimo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo