Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Imibonano ikoreshejwe ibikinisho ngo ishobora gutera ubugumba

Muri iki gihe tugezemo, mu bihugu byateye imbere usanga abantu benshi bikinisha, aho abenshi bakoresha ibikoresho bicomekwa ku muriro w’amashanyarazi, nyamara ngo ibi bishobora kugira ingaruka ku buzima bw’imyororokere ngo kuko usanga byifitemo ingaruka mbi ku mubiri, nk’uko tubikesha 7sur7.

Ibi rero ngo bikaba bitera umugore kuba ingumba, kurwara diabete, kanseri ndetse n’umubyibuho ukabije. Abagore rero ngo bakaba bagomba kwita ku myanya myibarukiro yabo batitaye ku mico n’imigenzo.

Ibi bikoresho rero ngo bikaba bicomekwa ku mashanyarazi, aho ababikoresha ngo bavuga ko bigira akamaro kanini kuko ngo bibarinda ababumvira ubusa, ngo bikaba byiganje mu bihugu byateye imbere nk’u Budage n’ahandi.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo