Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Imibonano mpuzabitsina n’inyamaswa na Kanseri Y'Igitsina Gabo

Iyo bavuze kugira imibonano mpuzabitsina n’inyamaswa hari abashobora kugira ngo ni ibikino cyangwa ntibibaho. Bibaho rero, aho abantu bagirana imibonano mpuzabitsina n’imbwa zabo cyangwa izindi nyamaswa zaba izo mu rugo cyangwa izitari izo mu rugo.Ubushakashatsi bwakozwe mu gihugu cya Bresil bugakorerwa ku bagabo 492, bari hagati y’imyaka 18-80 harimo abarwaye kanseri ifata igitsina harimo n’abatayirwaye, bwagaragaje ko 35% by’abagabo n’abasore bafite Kanseri ifata igitsina-gabo bagiranye imibonano mpuzabitsina n’inyamaswa.

Uretse abo rero basanze bafite iyi cancer kuko baryamanye n'inyamaswa, ngo hari n’izindi mpamvu zitandukanye aba bashakshatsi bagaraje zishobora gutera kansseri y’igitsina gabo harimo harimo no kunywa itabi.

Ikindicyagaragaye ngo ni uko mu bagabo 118 bafite kanseri y’igitsina bagiye kwa mu ganga mu gihe ubwo bushakshatsi bwakorwaga, basanze abagera kuri 45% baragize imibonano mpuzabitsina n’inyamaswa. Muri abo 45% ngo harimo n’abakoze iyo mibonano mpuzabitsina n’inyamswa bafite imyaka kuva kuri 1-5, hakaba ndetse n’abakomeje kuyikora kugeza bashatse.

Aba kandi ngo bakaba barakoraga imibonano mpuzabitsina n'inyamaswa inshuro imwe mu kwezi cyangwa buri munsi. Inyamaswa zagaragajwe ko zakoranye imibonano mpuzabitsina nabo bantu ngo higanjemo Inka, ingurube n’inkoko.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo