Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Kwikinisha-Abagabo Benshi Babikorera ku Kazi

Mu bushakashasi bwakozwe n’ikinyamakuru Glamour US cyandikirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje ko 31% by’abagabo bakora igikorwa cyo kwikinisha igihe bari ku kazi.

Ubu bushakashatsi bukaba bwarakorewe ku bagabo bagera ku 1000 bugaragaza ko uretse kuba aba bagabo bemeza ko bikinisha iyo bari ku kazi, ngo hari n’abandi bagera kuri 31% bikinisha iyo bagiye gusura ababyeyi babo naho abagera kuri 24% bo bakaba bikinisha igihe batwaye imodoka. Urubuga rwa interet: 7sur 7.be dukesha iyi nkuru, ruvuga ko Cindi Leive, umuyobozi mukuru w’iki kinyamakuru cyavuzwe haruguru, yemeza ko ahereye kuri iyi mibare igaragara nk’irimo amarangamutima yemera ko mu gihe cy’imyaka icumi ishize uyu muco wo kwikinisha utari mwiza wagabanutse mu bagabo aho ubona ko bagenda barushaho kumva agaciro k’abagore babo ndetse n’ikibazo cyo gukorana imibonano mpuzabitsina n’abo bahuje ibitsina kikaba cyaragabanutse.

Kugeza ubu nibura ngo 56% by’abagabo ntibashimishwa n’abakundana bahuje ibitsina.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo