Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Kurya inyama z’umubiri bishobora gutera ingaruka zitandukanye

American Dietetic Association ivuga ko abashakashatsi ku bijyanye n’imirire bagomba kugaragaza byimazeyo ingaruka ziterwa no kurya inyama z’umubiri.

Nubwo inyama z’umubiri zigira proteine nyinshi na Vitamine B12 bifitiye umubiri akamaro, abashinzwe iby’imirire bavuga ko ari byiza kuzirya ziteguye neza kugira ngo izo ntungamubiri ziboneke nta zindi ngaruka zihishe inyuma.

Abashakashatsi bakunze kugaragaza ko ibinure byinshi binoneka mu nyama z’umubiri byaba bitera indwara z’umutima n’imiyoboro y’amaraso (heart disease and atherosclerosis) ndetse bukerekana ko abantu bakunze kurya izo nyama bahura n’ibibazo bya cancer y’uruti rw’umugongo kurusha abatarya izo nyama.

Usibye n’ibyo, ngo izi nyama zishobora no gutera indwara y’amagufwa (osteoporosis), Diabete (diabetes), indwara y’impyiko (kidney disease), Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension), umubyibuho ukabije (obesity) n’inzindi ngaruka zatuma ubuzima bwawe butamera neza uko bikwiye.

Tubikesha: www.lankanewspapers.com

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo