Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Menya uburwayi bwa Migerene (Migraine), imwe mu ndwara zo kubabara umutwe

Indwara ya Migerene, ni indwara ifata umuntu akababara umutwe cyane kandi akenshi igafata uruhande rumwe. Bamwe bakunze kugira iyi ndwara rimwe mu mu kwezi abandi bakarwara igihe gito mu mwaka, bamwe bavuga ko ubu burwayi kenshi bukurikira umuntu ubufite kandi bugakomera uko agenda aba mukuru.Doctissimo.com ivuga ko mu bimenyetso biranga umuntu urwaye Migerene harimo kurwara umutwe, ukumva ushyushye umutwe cyane, kumvira ububabare mu gahanga hejuru y’amaso, ukabwumvira gice kimwe cy’ijisho cyangwa se hagati na hagati mu gahanga ndetse ibi bigaherekezwa n’ikibazo cyo kutabona neza (amaso) isesemi no kuruka bya hato na hato.

Nkuko twabivuze koko hari uburyo ushobora kwirindamo ubu burwayi muri byo hakaba harimo kurira ku bishoboye akaba yafata icyayi cy’ikawa ariko adakabije ku rugero mbese ruringaniye..

Uru rubuga rukomeza ruvuga ko Umuti witwa Botox uzwi cyane ku kuvura migerene wemejwe n’abayobozi b’igihugu cy’ u Bwongereza ko ari wo ushobora gurikiza ubu burwayi cyane kubo bwabayeho akarande ukaba wawufata nabwo uwuhawe na muganga ubizobereyemo.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo