Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Nyuma yo Kwikinisha Amasaha 10 Yaciye Agahigo mu byo Kwikinisha

Masanobu Sato, umusore ufite inkomoko mu mugi wa Tokyo mu gihugu cy’Ubuyapani, ngo ni we wegukanye umudari mu kwikinisha ku isi.

Ibi rero bikaba byarabaye mu marushanwa azwi ku izina rya
Masturbate-a-thon abera mu mujyi wa San Francisco agamije guteza imbere
igikorwa cyo kwikinisha. Uyu mugabo ngo akaba amaze gutwara uyu mudari
inshuro ebyiri, aho ngo ku nshuro ya mbere yikinishije amasaha agera ku 9
n’iminota 33 naho ku nshuro ya kabiri agakoresha amasaha 9 n’iminota
58.

Iri rushanwa rero ngo ryashyizweho n’ikigo cyitwa Center For
Sex and Culture cyo mu mujyi wa San Francisco, aho ngo ukora irushanwa
aba agomba kwikinisha igihe kirekire gishoboka atarasohora.

Nk’uko
7sur7.be ibitangaza, ngo uyu musore yavuze ko kugira ngo agere kuri iyi
ntambwe itangaje, atangira iki gikorwa we yita sport ye mu gitondo mu
gihe inshuti ye iba iri mu yindi mirimo nko guteka cyangwa areba
television, ngo ariko rimwe na rimwe nawe amufasha kubara amasaha.
Yagize ati ”Na we ntabwo akunda gutera akabariro, kimwe nkanjye”.

Ikindi
kandi uyu mugabo yatangarije San Francisco Weekly ko ngo kugira ngo
abone imbaraga, akora siporo nko koga ndetse no guterura ibyuma.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo