Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Uburyo bw’imitekerereze y’umuntu bugenda bugabanuka guhera ku myaka 45

Ubushakashatsi bwerekanye ko imitekerereze y’umuntu igenda igabanyuka uko agenda asaza.

Nkuko tubikesa ikigo ntaramakuru cy’abafaransa AFP, Ubushakashatsi bwakozwe ku mitekerereze ya muntu nk’uko ikipe yakoze ubu bushakashatsi igizwe na Inserm mu bufatanye na University College of London bagakora inyigo mu gihe kirekire kingana n’imyaka 10 bugakorerwa ku bagabo 5.198 n’abagore 2.192, bose bafite imyaka iri hagati ya 45 kugeza ku myaka 70 y’ubukure, bwagaragaje ko imitekerereze ya muntu itangira kugenda igabanyuka gake gake uko umuntu agenda asaza uhereye mu myaka 45 y’ubukure.

Ubwo bushakashatsi bwerekanye ko uburyo bw’imitekerereze bugabanuka kugeza kuri 3,6% ku bagabo bafite imyaka 45 kugeza kuri 49, Byagaragaje kandi ko Imitekerereze igabanyuka ho 9,6% ku bagore bafite imyaka y’ubukure 65 kugeza 70.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo