Mu Ntara ya Floride muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugore yabashije kubyara impanga mu gihe yari afite ikibazo cyo kugira nyababyeyi ebyiri, indwara izwi nka ‘uterus didelphys’.
Uyu mugore Andrea Barbosa ufite indwara yo kugira nyababyeyi ebyiri, ikibazo kibasira umugore umwe kuri miliyoni eshanu, ngo yashoboye gutwitira muri buri nyababyeyi muri ebyiri afite.Uyu mugore w’imyaka 24 yatangarije 7sur7 dukesha iyi nkuru ko n’ubwo byari bimuteye ubwoba, yashoboye kubyara impanga kandi ubu zifite ubuzima bwiza.
Tubikesha: 7sur7.be
0 comments:
Post a Comment