Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

IMPAMVU ZIGARAGAZA KO ABAGORE BACA INYUMA ABAGABO BABO.

Bahatira abagabo gukora buri kimwe cyose Batangira gushaka buryo ki bakwihereza buri kimwe cyose, kwigiraho ubushobozi bwo kwigurira ibintu bitandukanye by’ibanze. Bumva batagikeneye imibonano mpuzabitsina n’abagabo babo. Batangira gukururwa n’abandi bagabo batari ababo. Batangira guca inyuma abagabo babo Iyo babonye abagabo babo barirakaza ndetse n’ibyo basezeranyije abagabo babo ako kanya bikaba ari ibya nyirarureshwa nko kubikiza. Batangira kubwira abagabo babo ko bashaka igihe cyo kuba bari bonyine Batangira kugaya imyitwarire y’abagabo babo ko ari mibi.

Nyuma y’uko abagore bamaze kwiyumvisha no kwereka abantu baturanye ko barushye ku buryo buhoraho bahita basaba ubutane.

Niba uri umugabo kimwe n’abandi bose ,ntukigere na rimwe uhakanira umugore wawe cyangwa umukobwa w’inshuti yawe ko ataguca inyuma kubera ko ubona adashamadukira iby’imibonano mpuzabitsina ahubwo kuko umwizera ko ari umukobwa mwiza, kandi witonda gusa, mugihe ushaka kurwubaka rugakomera ariko ibyo ntibikuraho ko abagabo barinda gutandukana n’abagore babo bataramenya ingeso z’abo bashakanye .

Niba uri umugore kimwe n’abandi bose,ntugakeke ko niba uca kenshi inyuma umugabo wawe ariko nawe azaguca inyuma, ahubwo abenshi mu bagore iyo baciye inyuma abagabo babo bababazwa n’iyo myitwarire yabo mibi , ariko ku rundi ruhande ntibaba bagishoboye kuba bayihagarika.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo