isazi
Isazi kimwe n’utundi dusimba duto tuguruka mu gihe cy’imvura nko mu itumba zikora ikitwa hibernation aho ubushyuhe bw’umubiri wazo buba buri hasi ku buryo zitashobora kubaho muri iyo mbeho cyangwa ngo zibashe kuguruka niyo zaba zidapfuye.Aha rero isazi zikuze zihungira ahantu haba hashyushye nko hagati y’amazu kandi hijimye , zikabaho nk’izapfuye ariko ziba zikiri nzima zikaboho mugihe kiri hagati y’ubuzima n’urupfu cyitwa "diapause".ariko ngo hari n’amako y’izindi sazi nazo zihinduka nk’iminyorogoto mu bihe by’imvura n’imbeho ubundi
zikishisha mu butaka zikongera guhinduka isazi mu bihe haba hatangiye kugaruka
ubushyuhe
Baza Shangazi
Urwego News
Mu bihe by’imvura n’imbeho , isazi zijyahe ko zitagaragara?
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment