Bang Media

Baza Shangazi

Urwego News

Uko gikoma cy’imyumbati gitegurwa


 Uko gikoma cy’imyumbati gitegurwa Iyo ushaka kugitegura urabanza ugasekura imyumbati nyuma ukayungurura ariko ahari ibyuma bisya biraborohera kuko iyo myumbati isheshwa mu cyuma. Gufata ya fu ukayitoba mu mazi nyuma ugacanira bikabira. Gushyiramo isukari. Ushobora no gutoba ya fu mu mazi make noneho ugasukamo inshyushyu ugacanira yabira ukabona gusukamo isukari. Ushobora no kuyitoba mu mutobe w’ibitoki, inanasi n’amatunda afunguye ugacanira byabira ukavanaho icyo gihe nta sukari ijyamo kuko imitobe iba yihagije.
Ku bana, kugira ngo ucyongeremo ibitunga umubiri byinshi, gihiye ushobora gufata igi ukarimena, ukarikoroga, ukarivanga n’igikoma watetse, ugaha umwa.

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

 

Amakuru

Urukundo

Udukoryo